Ubuyobozi bw'Iseminari Nkuru ya Nyakibanda butangaza ko Kiliziya Gatolika yo Mu Rwanda izunguka abapadiri 44 .
Bivuze ko hazaba ibirori 44 byo kwakira ingabire y'ubusaseridoti mu rwego rw'ubupadiri ku badiyakoni 44 ari bo bazahabwa ubupadiri mu mezi abiri; Nyakanga na Kanama.
U Rwanda rumaze imyaka 125 rwakiriye Ivanjili. muri iyo myaka, abapadiri kavikire bambere babuhawe kuwa 7 Ukwakira 1917.
Mu myaka 125 Ivanjili imaze, u Rwanda rumaze kubyara abapadiri kavukire basaga 1000 baturuka mu maparuwasi yose yo mu Rwanda.
Niba ushaka kumenya abo basaseridoti n'igihe bazahererwa / baherewe ubupadiri kanda AHA
No comments:
Post a Comment