Thursday, July 10, 2025

2025: Kiliziya yo mu Rwanda izunguka Abapadiri 44

Ubuyobozi bw'Iseminari Nkuru ya Nyakibanda butangaza ko Kiliziya Gatolika yo Mu Rwanda izunguka abapadiri 44 . 

Bivuze ko hazaba ibirori 44 byo kwakira ingabire y'ubusaseridoti mu rwego rw'ubupadiri ku badiyakoni 44 ari bo bazahabwa ubupadiri mu mezi abiri; Nyakanga na Kanama. 

U Rwanda rumaze imyaka 125 rwakiriye Ivanjili. muri iyo myaka, abapadiri kavikire bambere babuhawe kuwa 7 Ukwakira 1917. 

Mu myaka 125 Ivanjili imaze, u Rwanda rumaze kubyara abapadiri kavukire basaga 1000 baturuka mu maparuwasi yose yo mu Rwanda. 

Niba ushaka kumenya abo basaseridoti n'igihe bazahererwa / baherewe ubupadiri kanda AHA

No comments:

Post a Comment

Pope Leo XIV Mourns Cardinal Paul Emil Tscherrig, died at 79

Pope Leo XIV has expressed deep sorrow following the death of Cardinal Paul Emil Tscherrig, the respected Swiss prelate and longtime Vatican...