Thursday, July 10, 2025

2025: Kiliziya yo mu Rwanda izunguka Abapadiri 44

Ubuyobozi bw'Iseminari Nkuru ya Nyakibanda butangaza ko Kiliziya Gatolika yo Mu Rwanda izunguka abapadiri 44 . 

Bivuze ko hazaba ibirori 44 byo kwakira ingabire y'ubusaseridoti mu rwego rw'ubupadiri ku badiyakoni 44 ari bo bazahabwa ubupadiri mu mezi abiri; Nyakanga na Kanama. 

U Rwanda rumaze imyaka 125 rwakiriye Ivanjili. muri iyo myaka, abapadiri kavikire bambere babuhawe kuwa 7 Ukwakira 1917. 

Mu myaka 125 Ivanjili imaze, u Rwanda rumaze kubyara abapadiri kavukire basaga 1000 baturuka mu maparuwasi yose yo mu Rwanda. 

Niba ushaka kumenya abo basaseridoti n'igihe bazahererwa / baherewe ubupadiri kanda AHA

No comments:

Post a Comment

Abapalotini: Intara y’Umuryango Mutagatifu yabonye Umuyobozi mushya

Kuri uyu wa 22 Mutarama 2026, ni bwo hatangajwe ko Padiri Jean Pierre NSABIMANA, wari padiri mukuru wa Paruwasi ya Gikondo muri Arkidiyosezi...